AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda ari mu ruzinduko muri Qatar

Yanditswe May, 25 2022 16:24 PM | 84,734 Views



Kuri uyu wa Gatatu, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda, IGP Dan Munyuza yatangiye uruzinduko rw’iminsi 3 i Doha muri Qatar, aho yanitabiriye inama mpuzamahanga ku mutekano w’igihugu ndetse no kurinda abaturage yabaye ku nshuro ya 14.

Iyi nama yateranye ku bufatanye bwa Sheikh Tammi bin Hamad Al-Thani wa Qatar.

Iyi nama yitwa “Milipol Qatar 22” yafunguwe ku mugaragaro na Sheikh Khalid bin Khalifa bin Abdulaziz Al-Thani, Minisitiri w’Intebe ndetse akaba na Minisitiri w’Umutekano muri Qatar.

Muri uru ruzinduko, IGP Dan Munyuza azanareba ku bijyanye n'ubufatanye hagati ya Polisi y’u Rwanda na Polisi ya Qatar.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira