AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Umushyitsi udasanzwe! RBA iragirana ikiganiro na Perezida Kagame

Yanditswe Dec, 31 2019 10:00 AM | 2,457 Views



Kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019, Perezida wa Repubulika Paul Kagame aragirana ikiganiro na RBA kikaba kiza gutambuka kuri Televiziyo y’u Rwanda na Radiyo Rwanda.

Iki kiganiro kiratangira saa cyenda z’igicamunsi, kikaza kuba gitambuka imbonankubone no ku mbuga nkoranyambaga za RBA zose.
Perezida Kagame yaherukaga gusura RBA tariki ya 25 Kamena 2017, aho Abanyarwanda banyuranye babashije kubaza ibibazo ndetse no gutanga ibitekerezo muri icyo kiganiro.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira