AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Umuryango ukwiye kuba igicumbi cy'ibanze cy'amahoro mu Rwanda--NURC

Yanditswe Sep, 14 2017 13:17 PM | 5,459 Views



Komisiyo y'igihugu y'ubumwe n'ubwiyunge iravuga ko mu muryango ari ho hakwiye kuba igicumbi cy'amahoro, kuko kubura amahoro mu muryango bitera ibibazo birimo ubuzererezi, icy'abimukira benshi n'ibindi byose bihungabanya umudendezo w'abatuye ibihugu n'Isi muri rusange.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w'iyi komisiyo Fidele Ndayisaba agaragaza ko izi ari zimwe mu mpamvu zatumye mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'amahoro ku isi ku rwego rw'igihugu hatoranywa insanganyamatsiko igira iti:" Twese hamwe duharanire Amahoro twimakaza indangagaciro z'ubwubahane mu muryango."

Umunsi mpuzamahanga w'amahoro ukazizihizwa tariki 21 Nzeri mu Rwanda kimwe no mu bindi bihugu binyamuryango bya Loni. Kwizihiza uyu munsi kandi bizakurikirwa n'icyumweru cy'ubumwe n'ubwiyunge kizatangira tariki ya mbere Ukwakira.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura