AGEZWEHO

  • Abagore bari mu nzego z'ubuyobozi n'abazihozemo muri Loni basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali – Soma inkuru...
  • Amajyaruguru: Abaturage babangamiwe n'buriganya bukorwa n'abakomisiyoneri – Soma inkuru...

Uko abize imyuga bakomeje kwitwara ku isoko ry’umurimo

Yanditswe Nov, 18 2023 20:45 PM | 91,802 Views



Bamwe mu bize imyuga baravuga ko ibyo bize bibabeshejeho n'imiryango yabo ndetse bakaba bafite icyizere ku hazaza habo babikesha ibyo bize.
Abakiri ku ntebe y'ishuri nabo batewe ishema n'imyuga biga ko bazi neza ko izabatunga kandi bagahanga n'imirimo.
Imibare yerekana ko hejuru ya 65% by'abize imyuga bahita babona imirimo mbere y'amezi 6.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Brig.Gen Rwivanga yasabye abiga muri RICA gusigasira ibyo u Rwanda rwagezeho

General Gatsinzi Marcel yashyinguwe

Ingabo za Congo zongeye kurasa ku butaka bw'u Rwanda

U Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko RDF ifasha abarwanya FARDC

Abayobozi b'inzego z'ubuzima mu ngabo zo muri EAC mu nama ku bufatanye

Perezida Kagame yashimye inzego z'umutekano ku bwitange zagaragaje muri 202

RDF yatangaje ko ntaho ihuriye n'ibikorwa by'abahoze ari abarwanyi ba

Col Karuretwa yagizwe Brig General, anagirwa umuyobozi muri RDF