AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Ubwandu bwa COVID19 muri Faisal, imwe mu mpamvu yatumye gusura abarwayi bihagarikwa

Yanditswe Aug, 21 2020 11:22 AM | 101,563 Views



Ubuyobozi bw’Ibitaro byituriwe Umwami Faisal bivuga ko byafashe icyemezo cyo gukaza ingamba zo kwirinda iikwirakwira ry’icyorezo cya COVID19. Kimwe muri  ibyo byemezo ni ukuba hahagaritswe gusura abarwayo bari mu bitaro, ndetse n’umurwayi ugiye guhabwa ibitari akazajya abanza gupimwa.

Iki cyemezo gifashwe nyuma y’aho abaganga 5 bo muri ibi bitaro mu minsi ishize bapimwe bagasanga baranduye icyorezo cya COVID19.

Ubuyobozi bw’ibi bitaro buvuga ko kuri ubu  hari gupimwa abakozi bose kugira ngo bugire ishusho nyayo y’iki cyorezo muri ibi bitaro.

Kugeza ubu umurwayi uri mu bitaro azajya agira abarwaza 2 basimburana, aho mbere yo kwinjira,bazajya babanza gupimwa.

Ni mu gihe  umurwayi  uzajya agana ibi bitaro arembye, bazajya babanza bamupime barebe ko adafite ubwandu bwa COVID19.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize