AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Ubushakashatsi bwa TIR bwerekana ko polisi iri mu nzego zigaragaramo ruswa cyane

Yanditswe Dec, 12 2017 22:22 PM | 4,067 Views



Umuryango urwanya ruswa n’akarengane Transparency International Rwanda uratangaza ko nubwo ingamba zo kurwanya ruswa zikomeje, inzego zitandukanye zisabwa ubufatanywa mu guhashya burundu icyaha cya ruswa. Ni mugihe kuri uyu wa kabiri umuryango Transparency International Rwanda, washyize ahagaragara ubushahakatsi wakoze kuri ruswa ntoya, Rwanda Bribery Index 2017.

Ubushahakatsi bwakozwe kuri ruswa ntoya, bwashyizwe ahagaragara  n'umuryango Transparency International Rwanda, ku nshuro ya 8 bwakorewe ku baturage 2385 bugaragaza ko zimwe mu nzego za leta n'abikorera zagaragayemo ruswa ku buryo buteye impungenge. Zimwe muri izi nzego harimo polisi y’igihugu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda rigaragaramo ruswa ku kigero cya 11.67%.

Urwego rushinzwe ingufu z’amashanyarazi ruri ku mwanya wa kabiri ku gipimo cy' 9.19%. Urwego rw’abikorera ruri ku mwanya wa 3 n'igipimo cy' 9.6%. Kaminuza zo ziza ku mwanya wa 4 n'igipimo cya 8.22%, zigakurikirwa n’inzego z’ibanze ziza ku mwanya wa 5 ku kigero cya 7.78%.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura