AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

Ubugenzacyaha mu iperereza ku byaha abasirikare 5 bakekwaho gukorera i Nyarutarama

Yanditswe Apr, 03 2020 13:04 PM | 25,185 Views



Ubugenzacyaha bwa gisirikare bwatangiye iperereza ry'ibanze ku byaha by'ihohoterwa abasirikare 5 bo ngabo z'u Rwanda bakekwaho kuba barakoreye abaturage bo mu midugudu wa Kangondo ya 2 na Kibiraro ya mbere, yo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. 

Ibyaha abo basirikare bakekwaho birimo gukubita no gukomeretsa,kwambura bamwe mu baturage n'ibindi. Ni ibyaha byabaye mu bihe bitandukanye guhera ku itariki ya 12 werurwe 2020 kugeza 30 z'uko kwezi.

Muri iri perereza buri muturage uvuga ko yahohotewe arakirwa n'umugenzacyaha wa gisirikare akabazwa hubahirijwe amabwiriza y'ubwirinzi asaba gusiga intera ihagije hagati y'ubazwa n'ubaza.

Abaturage batuye muri iyo midugudu bishimiye uburyo ubutabera bwa gisirikare bwahise butangira iperereza kuri ibyo byaha kandi ababikekwaho bagatabwa muri yombi na bamwe mu bambuwe agahita bashumbushwa bimwe mu bikoresho byabo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize