AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

UBUHAMYA BW'ABANYARWANDA 9 BAHOHOTEWE MURI UGANDA

Yanditswe Apr, 29 2019 07:39 AM | 4,995 Views



Nyuma yo guhatirwa kwinjira mu mitwe y’iterabwoba bakabyanga, abanyarwanda 9 baherutse kujugunywa na Uganda ku butaka bw’u Rwanda baravuga ko bakorewe iyicarubozo rikomeye.

Abanyarwanda 9 baherutse kujugunywa na Uganda ku butaka bw’u Rwanda barimo abagabo 7 n’abagore babibiri. Bavuga ko bashinjwe n’inzego z’iperereza ry’iki gihugu kuba bamaneko ndetse bagahatirwa kujya mu mitwe y’iterambwoba.

Itangazo riherutse gushyirwa ahagaragara na ministeri y'ububanyi n'amahanga risaba abanyarwanda kutajya mu gihugu cya Uganda kugeza aho ibibazo by'ihohoterwa rikorerwa abanyarwanda bizabona igisubizo.


Iryo tangazo rivuga ku abanyarwanda babarirwa kuri 200 bafungiye muri gereza zinyuranye muri icyo gihugu, Leta y'u Rwanda ikaba yarasabye ko abo bantu bafungurwa cyangwa bagahabwa ubutabera .




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira