AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

U Rwanda rwishimira inyungu imaze kuva muri BAL

Yanditswe May, 19 2023 17:26 PM | 142,784 Views



Mu gihe kuri uyu wa Gatandatu i Kigali hagatangira imikino ya nyuma mu irushanwa nyafurika rya basketball BAL 2023, Minisiteri ya Siporo ivuga ko nyuma y'imyaka itatu iyi mikino ibera mu Rwanda hari inyungu nyinshi u Rwanda rumaze gukuramo binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda.

Imikino ya nyuma mu irushanwa nyafurika rya basketball BAL2023 izahuza amakipe 8 yitwaye neza mu mikino ibanza yaberega muri Senegal na Misiri.

U Rwanda ruhagarariwe na REG BBC yabaye iya gatatu m ugice cya Sahara mu mikino yabereye Senegal muri Werurwe uyu mwaka.

Bamwe mu bakunzi b'umukino wa basketball bavuga ko bishimiye kongera kubona iyi mikino ibera mu Rwanda ku nshuro ya Gatatu yikurikirana.

Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa avuga ko iri rushanwa ryazaniye inyungu nyinshi u Rwanda.

Ku ikubitiro, kuri uyu wa Gatandatu hatenganyijwe imikino ibiri irimo uzahuza Stade Mallien na Cape Town Tigers, n’uzahuza REG BBC na Al Ahly.

SHEMA Ivan



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura