AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

U Rwanda rwasinyanye n'u Bushinwa amasezerano y'inkunga ya miliyoni 30$

Yanditswe Dec, 16 2021 17:29 PM | 1,334 Views



Guverinoma y'u Rwanda yasinyanye n'u Bushinwa amasezerano y'inguzanyo ya miliyoni 30 z'amadorali ya Amerika azashorwa mu bikorwa byo kwimakaza ikoranabuhanga mu burezi.

Ayo mafaranga atanzwe nk'inguzanyo y'igihe kirekire izishyurwa mu myaka 20 ariko ikazatangira kwishyurwa mu mwaka wa 6 nyuma yo kuyifata no gutangira gushyira mu bikorwa imishinga yagenewe.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura