Yanditswe Jul, 31 2020 08:45 AM | 57,650 Views
Kuri uyu wa Kane, u Rwanda rwakiriye inkunga ya Leta
zunbze ubumwe za Amerika y’imashini 100 zifasha abarwayi guhumeka zifite
agaciro ka Miriyari imwe y'amafaranga
y'u Rwanda.
Izo mashini zitanzwe nyuma y'ibiganiro Prezida wa Amerika Donald Trump yagiranye na Perezida w'u Rwanda Paul Kagame mu ntangiriro z'uyu mwaka.
Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda Peter Vrooman avuga ko iki ari igikorwa kigaragaza ubufatanye bw’obihugu byombi.
Izi mashini zizifashishwa mu bigo 4 bivurirwamo abarwayi ba COVID19, izindi zoherezwe mu bitaro 10 hirya no hino mu gihugu.
Minisitiri w'Ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga izi mashini zije ziyongera ku bundi bushobozi bwari buhari.
Iyi nkunga ije iniyongera ku bindi bikoresho iki gihugu cyahaye u Rwanda mu birebana no guhangana n'icyorezo cya COVID19 bifite agaciro ka miriyari 11.4 by'amafaranga y'u Rwanda.
Bosco KWIZERA
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru