Yanditswe Sep, 23 2021 11:13 AM | 33,271 Views
U Rwanda rwahawe kuzakira Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare izaba mu 2025.
U Rwanda rwamaze kwemererwa n’Impuzamashyirahamwe yo gusiganwa ku magare ku Isi (UCI), kuzakira Shampiyona y’isi izaba mu mwaka wa 2025, bukaba ari ni ubwa mbere iri rushanwa rizaba ribereye ku mugabane wa Afurika.
U Rwanda rusanzwe ruzwiho gutegura irushanwa rikomeye rya Tour du Rwanda riba buri mwaka, aho ryitabirirwa n'ibihugu bikomeye biva hirya no hino ku isi.
Maroc ni ikindi gihugu ku mugabane wa Afurika, nacyo cyari cyagaragaje ubushake bwo kwakira iri rushanwa ariko u Rwanda nirwo rwaje guhabwa aya mahirwe.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
1 hour
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
2 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
4 hours
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru