AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

U Rwanda rwahawe kuzakira Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare izaba mu 2025.

Yanditswe Sep, 23 2021 11:13 AM | 33,271 Views



U Rwanda rwahawe kuzakira Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare izaba mu 2025.

U Rwanda rwamaze kwemererwa n’Impuzamashyirahamwe yo gusiganwa ku magare ku Isi (UCI), kuzakira Shampiyona y’isi izaba mu mwaka wa 2025, bukaba ari ni ubwa mbere iri rushanwa rizaba ribereye ku mugabane wa Afurika.

U Rwanda rusanzwe ruzwiho gutegura irushanwa rikomeye rya Tour du Rwanda riba buri mwaka, aho ryitabirirwa n'ibihugu bikomeye biva hirya no hino ku isi.

Maroc ni ikindi gihugu ku mugabane wa Afurika, nacyo cyari cyagaragaje ubushake bwo kwakira iri rushanwa ariko u Rwanda nirwo rwaje guhabwa aya mahirwe.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize