AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

U Rwanda ruri ku mwanya wa 2 mu korohereza abashoramari muri Afurika

Yanditswe Oct, 25 2016 11:32 AM | 2,372 Views



Mu makuru arebana n'ubukungu, u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa kabiri muri Afrika muri raporo nshya Banki y’isi igaragaza uburyo ibihugu byorohereza abantu gukoreramo ishoramari (World Bank Doing Business Report 2017).

U Rwanda rwazamutseho imyanya itandatu yose ruva ku mwanya wa 62 rugera kuri 56 mu bihugu 190 byo mu isi, rwagumye ku mwanya wa kabiri muri Africa.

Muri Afrika, ibirwa bya Maurice, n'ubwo byasubiye inyuma ho imyanya 17 ku rutonde rw’isi, muri Afrika biracyaza ku mwanya wa mbere y’u Rwanda.

Urutonde rukorwa hagendewe ku gutera imbere n’ibyorohereza abashoramari, gukorera mu mucyo, gukurikiza amategeko, gufasha abashoramari kubona ibikorwa remezo n’ibindi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura