AGEZWEHO

  • Abagore bari mu nzego z'ubuyobozi n'abazihozemo muri Loni basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali – Soma inkuru...
  • Amajyaruguru: Abaturage babangamiwe n'buriganya bukorwa n'abakomisiyoneri – Soma inkuru...

U Rwanda rugiye guhabwa inguzanyo ya miliyoni 20€ zo gukoresha mu mishinga yo kurengera ibidukikije

Yanditswe Nov, 03 2023 12:21 PM | 32,046 Views



Banki y’u Rwanda itsura amajyambere (BRD) yasinye amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 20 z’ama Euro n’ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere (AFD) azakoreshwa mu mishinga igamije kurengera ibidukikije mu Rwanda.

Izi miliyoni 20 z’ama euro zizakoreshwa mu gushyigikira ibikorwa by’ikigega cyiswe “Ireme Invest” kigamije gufasha imishinga y’abikorera ifite gahunda zo kurengera ibidukikije cyatangijwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu kwezi kwa 11 umwaka wa 2022 mu nama ya COP27 yabereye mu Misiri.

Imishinga yujuje ibisabwa mu nzego zirimo ingufu, gutwara abantu (Transport), imishinga y’ubuhinzi burengera ibidukikije, gucunga imyanda n’indi izajya ihabwa inguzanyo ku nyungu ya 12% yishyurwa mu gihe cy’imyaka 2.

Kwizera John Patrick




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Brig.Gen Rwivanga yasabye abiga muri RICA gusigasira ibyo u Rwanda rwagezeho

General Gatsinzi Marcel yashyinguwe

Ingabo za Congo zongeye kurasa ku butaka bw'u Rwanda

U Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko RDF ifasha abarwanya FARDC

Abayobozi b'inzego z'ubuzima mu ngabo zo muri EAC mu nama ku bufatanye

Perezida Kagame yashimye inzego z'umutekano ku bwitange zagaragaje muri 202

RDF yatangaje ko ntaho ihuriye n'ibikorwa by'abahoze ari abarwanyi ba

Col Karuretwa yagizwe Brig General, anagirwa umuyobozi muri RDF