Yanditswe Jan, 28 2022 00:30 AM | 52,374 Views
Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko tariki 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uzafungurwa.
Ibi bije nyuma yaho Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w'Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda akaba n'Umujyanama wa Perezida Museveni mu bijyane n'umutekano n'ibikorwa bidasanzwe asuye u Rwanda tariki 22 Mutarama 2922, u Rwanda rukaba rusanga hari ubushake mu gukemura ibibazo rwagaragaje.
Guverinoma ivuga ko indi mipaka izafungurwa igihe inzego z'ubuzima z'u Rwanda n'iza Uganda zizaba zumvikanye ku ngamba zo kurwanya #COVID19.
Jean Claude NDAYISHIMYE
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru