AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

U Rwanda rugiye gufungura umupaka wa Gatuna

Yanditswe Jan, 28 2022 00:30 AM | 52,374 Views



Guverinoma y'u Rwanda yatangaje ko tariki 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uzafungurwa. 

Ibi bije nyuma yaho Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w'Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda akaba n'Umujyanama wa Perezida Museveni mu bijyane n'umutekano n'ibikorwa bidasanzwe asuye u Rwanda tariki 22 Mutarama 2922, u Rwanda rukaba rusanga hari ubushake mu gukemura ibibazo rwagaragaje. 

Guverinoma ivuga ko indi mipaka izafungurwa igihe inzego z'ubuzima z'u Rwanda n'iza Uganda zizaba zumvikanye ku ngamba zo kurwanya #COVID19. 

Jean Claude NDAYISHIMYE



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira