AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

U Rwanda na UAE mu masezerano agamije guteza imbere umurimo

Yanditswe Jun, 27 2019 13:24 PM | 9,032 Views



Minisitiri ushinzwe abakozi no gukunda igihugu  muri Leta Zunze ubumwe z'Abarabu (UAE), Nasser Bin Thani Juma Al Hamli ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda, aho ibihugu byombi byashyize umukono ku masezerano agamije guteza imbere umurimo.

Aya masezerano agamije guhugura abakozi,guhanga udushya, ndetse no guha amahirwe abaturage b'ibihugu byombi guhatana ku isoko ry'umurimo.Nasser Bin Thani Juma Al Hamli yayasinyanye   na Minisitiri w'Abakozi n'Umurimo, Rwanyindo Kayirangwa Fanfan.

Atangira uru ruzinduko, uyu muyobozi yabanje gusura urwibutso rwa Kigali ruruhukiyemo imibiri y’abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Aho yanabunamiye.

Mu butumwa yahatangiye, yavuze ko amateka mabi u Rwanda rwanyuzemo agomba kubera isomo ibindi bihugu byo ku isi. Ashimangira ko u Rwanda rwakoze byinshi bigaragara mu myaka 25 ishize jenoside ihagaritswe.

                             Abaminisitiri bombi bashyize umukono ku masezerano y'ubufatanye

                                         Minisitiri Nasser Bin Thani Juma Al Hamli asura urwibutso

         Minisitiri Nasser Bin Thani Juma Al Hamli  yanumiye imibiri iruhukiye ku Rwibutso rwa Kigali

Inkuru turacyayikurikirana




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira