Yanditswe Apr, 26 2019 17:33 PM | 8,554 Views
Perezida wa Sri Lanka, Maithripala Sirisena, yatangaje ko ni biba ngombwa buri rugo rugiye
kugenzurwa, rusakwe, kandi ko urutonde rw’abaturage batuye buri rugo
ruzashyirwa ahagaragara kugira ngo buri wese yumve atekanye aho yaba ari hose.
Ibi abitangaje nka zimwe mu ngamba zo kurwanya ibikorwa by’ierabwoba nyuma y’ibyibasiye iki gihugu kuri pasika, abagera kuri 359 bakabura ubuzima.
Minister w’imari Mangala Samaraweera yabwiye abanyamakuru ko bafite impugenge ko urwego rw’ubukerarugendo ruzagirwaho ingaruka n’ibi bitero, aho ruzahomba agera kuri miliyari 1.5 z’ amadolari.
Yakomeje avuga ko bizatwara imyaka 2 kugira ngo sri lank yongere igarke ku murongo
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru