AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Sri Lanka: Perezida yijeje umutekano abaturage

Yanditswe Apr, 26 2019 17:33 PM | 8,554 Views



Perezida wa Sri Lanka, Maithripala Sirisena, yatangaje ko ni biba ngombwa buri rugo rugiye kugenzurwa, rusakwe, kandi ko urutonde rw’abaturage batuye buri rugo ruzashyirwa ahagaragara kugira ngo buri wese yumve atekanye aho yaba ari hose.


Ibi abitangaje nka zimwe mu ngamba zo kurwanya ibikorwa by’ierabwoba nyuma y’ibyibasiye iki gihugu kuri pasika, abagera kuri 359 bakabura ubuzima.

Minister w’imari Mangala Samaraweera yabwiye abanyamakuru ko bafite impugenge ko urwego rw’ubukerarugendo ruzagirwaho ingaruka n’ibi bitero, aho ruzahomba agera kuri miliyari 1.5 z’ amadolari.

Yakomeje avuga ko bizatwara imyaka 2 kugira ngo sri lank yongere igarke ku murongo




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama