Yanditswe May, 30 2016 10:26 AM | 5,613 Views
Ubuyobozi bushya bw’umuryango w'abayislamu mu Rwanda buravuga ko bugiye gushyira ingufu mu kurwanya ikibazo cy’ubutagondwa bushingiye ku idini kuko ngo mu minsi ishize hari abayislamu bagaragaye mu bikorwa bigamije iterabwoba.
Ibi biremezwa na Sheikh
Salim Hitimana watorewe kuba Mufti w'u Rwanda mu gihe cy'imyaka itanu iri
imbere.
Reba inkuru yose:
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru