Yanditswe May, 04 2019 19:22 PM | 7,014 Views
Amb. Mathias HAREBAMUNGU uhagarariye u Rwanda muri Maroc, yagiranye ikiganiro n’abanyeshuri n’abarimu bagera kuri 350, bo muri kaminuza yitiriwe umwami Mohammed wa 5.
Ni ikiganiro cyagarutse ku mateka y’u Rwanda mbere y’ubukoloni, mu gihe cyayo na nyuma yo kubona ubwigenge.
Hanagarutswe kandi ku mateka ya jenoside yakorewe abatutsi, n’uburyo u Rwanda rwiyubatse nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi.
Amb. HAREBAMUNGU yanabaganirije ku miyoborere y’u Rwanda, ibyo rumaze kugeraho, n’amasomo amahanga ashobora kwigira ku Rwanda.
Mu bibazo, abarimu n’abanyeshuri bagarutse ku myitwarire y’umuryango mpuzamahanga nyuma yo kunanirwa kurinda abatutsi.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
4 hours
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru