Yanditswe Apr, 17 2019 12:17 PM | 3,508 Views
Sosiyete y'u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere/Rwandair yatangije ingendo zayo mu gihugu cya repubulika iharanira demokarasi ya kongo aho izajya ivana ikanajyana abagenzi ku kibuga cya Ndjili giherereye mu murwa mukuru Kinshasa.
Ni ahantu ha 27 Rwandair ifunguye ingendo zayo mu gihe isanzwe yerekereza ku mugabane wa Afrika ahantu 17, mu burasirazuba bwo hagati, Uburayi na Aziya.
Ni Urugendo rwa mbere Rwandair ifunguye kuva uyu mwaka wa 2019 watangira, ikazajya zerekeza I Kinshasa ku wa gatatu, ku wa gatanu no ku cyumweru.
Biteganyijwe ko hari izindi ngendo zizatangizwa muri uyu mwaka, abagenzi 120 barimo abikorera bo mu Rwanda abo muri Kongo abandi bagiye mu zindi gahunda nibo bakoze urugendo rwa mbere rwerekeza Kinshasa.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru