AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Rwandair izagura ingendo zayo mu Buhinde no muri Zimbabwe mu kwa kane

Yanditswe Feb, 03 2017 16:29 PM | 2,367 Views



Sosiyete nyarwanda ikora ingendo zo mu kirere Rwandair, mu kwezi kwa kane uyu mwaka izatangira gukora ingendo i Harare muri Zimbabwe ndetse na Mumbai mu Buhinde.

Rwandair isobanura ko ingendo zerekeza i Harare zizatangira ku itariki ya mbere z'uko kwezi kwane, zikazahuzwa n'izira yerekeza i Lusaka muri Zambia, zikazajya zikorwa buri munsi.

Ingendo zerekeza i Mumbai zo zizatangira ku itariki ya Gatatu muri uko kwezi, zizajya zikorwa kane mu cyumweru, kandi indege igahaguruka i Kigali ikagera aho i Mumbai nta handi hantu na hamwe ihagaze.

Umuyobozi mukuru wa Rwandair John Mirenge asobanura ko ibi biri muri gahunda yo kugera mu migi myinshi ya Afrika ndetse no guteza imbere ubucuruzi hagati y'ibihugu. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura