AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Rusizi: Perezida Kagame yahaye imodoka abatuye Umurenge wa Gitambi

Yanditswe Jan, 15 2022 19:39 PM | 9,383 Views



Abaturage bakoresha umuhanda Nyakarenzo-Mibilizi-Mashesha bemerewe indi modoka ya kabiri itwara abagenzi n'imizigo yabo,nyuma y'igihe kitageze ku mezi 2 bahawe indi itwara abagenzi.

Ako kadiho k'aba baturage bo mu murenge wa Gitambi by'umwihariko abo mu kagari ka Cyingwa kaje nyuma y'iri jambo rya Minisitiri w'ibikorwaremezo Amb.Claver Gatete ubwo yasohozaga  ubutumwa bw'umukuru w'igihugu

Iyi modoka irakomeza gufasha abaturage b'imirenge ya Nyakarenzo,Gitambi,Gashonga n'ibice byegeranye bakoresha umuhanda Nyakarenzo-Mibilizi-Mashesha.
Ni umuhanda umaze igihe gito ukozwe neza kuko wari warangiritse bikabije. Ikorwa ryawo ryakurikiye amashanyarazi yahawe akagari ka Kingwa kari kamaze imyaka kayaririra.

REG ikaba yanabijeje ko utugari tubiri dusigaye utarageramo bitazarenza mu kwezi kwa gatatu batawubonye.

TWIBANIRE Théogène



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira