AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Rubavu: Ntibagikora ingendo ndende bajya kwiga cyangwa kwigisha

Yanditswe Jul, 13 2017 13:33 PM | 3,022 Views



Ababyeyi n’abarezi bo mu kagari ka Bahimba mu murenge wa Nyundo baravuga ko abana bato  baruhutse ingendo ndende bakoraga bajya kwiga kure yaho batuye. 

Baravuga ibi nyuma y’umwaka umwe abana 380 batangiye kwigira mu ishuri ribanza ryuzuye muri ako kagari ka Bahimba, igikorwa cyagezweho ku bufatanye bw’abaturage n’ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu kikaba cyaranazamuye ireme ry’uburezi kuri abo bana. 

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura