Yanditswe Jun, 23 2016 16:35 PM | 2,282 Views
Bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Kanembwe mu murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu baravuga ko barembejwe n’indwara ya Malariya aho usanga utayirwaye ,ayirwaje.
Ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima cya Byahi buvuga ko iki kibazo bukizi ariko ngo mu rwego rwo kurwanya Malariya, bugiye guha abaturage inzitiramibu zujuje ubuziranenge no kongera gukora ubukangurambaga mu baturage.
Iki kibazo cy'indwara ya Malariya cyatangiye kugaragara
mu mudugudu wa Kanembwe; mu kwezi kwa karindwi k'umwaka ushize...
Inkuru irambuye mu mashusho:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru