Yanditswe Sep, 05 2017 11:54 AM | 4,817 Views
Abakora
ubucuruzi buciriritse bazwi ku izina ry’abazunguzayi mu mujyi wa gisenyi, bavuga
ko uburyo bacuruzamo baburambiwe, bakavuga kandi ko babonye ubufasha bw’aho
gukorera ndetse n’igishoro, bakora neza kandi bakishyura imisoro bakaniteza
imbere. Aba baravuga ibi mu gihe bagenzi babo bacururiza mu masoko bo binubira
aba bazunguzayi, kuko babatwara abakiriya kandi nta misoro batanga. Gusa
ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bavuga ko uburyo bwo gukemura iki kibazo
bwateguwe bukemeza ariko ko byose bijyana n’inyigisho zihoraho kuri abo
bazunguzayi.
Inkuru yose mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
4 hours
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
5 hours
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
5 hours
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru