Yanditswe Mar, 10 2018 16:22 PM | 6,667 Views
Abagore batatu bagwiriwe n’ikirombe, umwe ahita yitaba Imana aho bacukuraga igitaka mu kinombe cyari cyarahagaritswe mu mudugudu wa Buranga mu kagari ka Basa mu murenge wa Rugerero. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Rugerero Uwajeneza Jeanette wemeje aya makuru avuga ko iki kirombe cyari cyarafunzwe gusa asaba abaturage kwirinda ibi bikorwa bishira ubuzima bwabo mukaga.
Abagwiririye n’ikirombe bari baturutse mu murenge uwa Nyakiriba, uwa Cyanzarwe uhana imbibe n’umurenge wa Rugerero. Abaturage baturiye ibi birombe bavuga ko, bitari bikwiriye uretse kuba bifite ingaruka k’ubuzima bwabo binatuma ibidukikije byangirika.
Babiri barokotse iyi mpanuka yo kugwirirwa n’ibirombe,bari kwa kwitabwaho mu bitaro bikuru bya Gisenyi.
Akarere ka Rubavu gakunze kugaragarwaho akajagari mu birombe aho abantu bacukura ibitaka cyangwa amabuye y’agaciro bakabigwamo.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru