AGEZWEHO

  • Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...

Radisson Blu yakiriye bamwe mu bana bahoze mu mihanda ari inzererezi

Yanditswe Dec, 26 2017 17:24 PM | 4,126 Views



Bamwe mu bana bigeze kumara igihe mu muhanda ari inzererezi, barasaba abana bagenzi babo kumvira ababyeyi babo kuko ingaruka batewe no kutabumvira zabaye mbi ku buzima bwabo.

Valence Uwimana avuga ko yamaze igihe kirenga umwaka mu muhanda ari inzererezi abitewe no kutumvira nyirakuru wa mureraga bikamuviramo gufata icyemezo cyo kujya mu muhanda. Mu buhamya bwe yagize ati, "Jyewe inama nagira abandi bana ni ukumvira ababyeyi babo niba banabafite nanjye nanze kumvira mukecuru ariko ingaruka nahuye nazo narazibonye ntabwo nazigera nsubira mu muhanda. Ariko inama ngira abandi bana nuko bakumvira ababyeyi babo ntibajye mu muhanda"

We na bagenzi be baturutse mu bigo birera abana badafite imiryango, kuri uyu wa kabiri Radisson Blu hotel yabahaye amahirwe yo kubakira no gutembera inyubako ya Convention Center. Bishimiye uburyo bakiriwe bagahabwa Noheri n'Ubunani...

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej