AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

REG yafashe abiba umuriro bakawuha Quartier

Yanditswe Jun, 07 2019 10:19 AM | 7,075 Views



Umwe mu batangiye icyo gikorwa we utabashije kuboneka  REG  ivuga ko yigeze kujya ahabwa ibiraka n' ikigo cy' igihugu gishinzwe ingufu.

Hitabatuma Daniel umwe mu baturage bakusanyaga amafaranga kugirango bayashyikirize abo bari babemereye kubaha umuriro avuga ko mu mwaka wa 2016 , abo mu ngo zisaga 60 bandikiye ikigo cy' igihugu gishinzwe ingufu REG , basaba guhabwa umuriro ariko ntibagira igusubizo bahabwa, nyuma yaho ngo nibwo babonye abagabo baza bababwira ko babaha umuriro.

Nshimiyimana Jacques, Umwe mu bari batangiye gukwirakwiza  uwo muriro we avuga ko  yabikoraga nk' ikiraka nyuma yo kubisabwa n' uwari wumvikanye n' abaturage.

Abagabo berekanywe na REG bari bamaze gutera amapoto agera kuri 2, intego akaba kwari ugucanira  ku ikubitiro ingo zigera ku 10, bakishyurwa agera ku bihumbi 200 by' amafaranga y' u Rwanda.


INKURU YA CARINE UMUTONI




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage