AGEZWEHO

  • Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu – Soma inkuru...
  • Guhisha imibiri y'abazize Jenoside bifitanye isano n'ingengabitekerezo yayo- Dr Bizimana – Soma inkuru...

RBC igiye gutanga imiti ya SIDA itarebeye ku basirikare barinda uyirwaye

Yanditswe Jun, 23 2016 10:07 AM | 3,716 Views



U Rwanda rugiye gushyiraho gahunda nshya yo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera sida, hatitawe ku mubare w'abasirikari uyifite asigaranye mu mubiri, kugira ngo atangire imiti agifite imbaraga. 

Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima RBC kivuga ko iyi gahunda izatangira gushyirwa mu bikorwa mu kwezi gutaha, izarinda abantu kuzahazwa na virus itera Sida.

Iyi gahunda nshya ije yunganira uburyo bwari busanzwe aho umuntu ufite virusi itera Sida yatangiraga gufata imiti igabanya ubukana hagendewe ku kuba abasirikare b'umubiri batangiye gucika intege.

Kuri ubu gufata imiti bitangira umuntu abasirikare be bagifite ubudahangarwa kugira ngo agumane imbaraga. Gusa bamwe mu baturage bavuga ko hari bamwe bagifite imyumvire yo kutipimisha ngo bamenye uko bahagaze ndetse abandi bagatinya gufata imiti igabanya ubukana.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)