Yanditswe Jun, 23 2016 10:07 AM | 3,291 Views
U Rwanda rugiye gushyiraho gahunda nshya yo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera sida, hatitawe ku mubare w'abasirikari uyifite asigaranye mu mubiri, kugira ngo atangire imiti agifite imbaraga.
Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima RBC kivuga ko iyi gahunda izatangira gushyirwa mu bikorwa mu kwezi gutaha, izarinda abantu kuzahazwa na virus itera Sida.
Iyi gahunda nshya ije yunganira uburyo bwari busanzwe aho umuntu ufite virusi itera Sida yatangiraga gufata imiti igabanya ubukana hagendewe ku kuba abasirikare b'umubiri batangiye gucika intege.
Kuri
ubu gufata imiti bitangira umuntu abasirikare be bagifite ubudahangarwa kugira
ngo agumane imbaraga. Gusa bamwe mu baturage bavuga ko hari bamwe bagifite
imyumvire yo kutipimisha ngo bamenye uko bahagaze ndetse abandi bagatinya
gufata imiti igabanya ubukana.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Intego y'ubutabera si uguheza abantu muri gereza-Abanyamategeko
Mar 25, 2023
Soma inkuru
Bumwe mu butumwa bwatanzwe n'abahawe inshingano nshya muri Guverinoma
Mar 25, 2023
Soma inkuru
Ibikubiye mu ibaruwa Rusesabagina yandikiye umukuru w'Igihugu asaba imbabazi
Mar 24, 2023
Soma inkuru
Mu Rwanda hatangiye kubera imikino ihuza abapolisi bo mu karere - Amafoto
Mar 21, 2023
Soma inkuru
Rwanda - UK: Hatangijwe umushinga wo kubaka inzu 1500 zizatuzwamo abimukira baturutse mu Bwongereza
Mar 19, 2023
Soma inkuru
Amasomo ashaririye u Rwanda rwanyuzemo yabaye ishingiro ry’iterambere-Perezida Kagame
Mar 13, 2023
Soma inkuru
Abofisiye 24 ba RDF batangiye guhabwa amasomo abategurira kujya mu butumwa bwa Loni
Mar 13, 2023
Soma inkuru
Amagare: Perezida Kagame yakiriye umuyobozi w'ikipe ya Israel Premier Tech ikinamo Chris Froome
Feb 23, 2023
Soma inkuru