AGEZWEHO

  • Abanyarwanda bashoye imari mu gutwara abantu muri Uganda barishimira umupaka wafunguwe – Soma inkuru...
  • Abahabwa inkunga zo kubavana mu bukene baravuga ko ubuzima bwabo burimo guhinduka – Soma inkuru...

RBC igiye gutanga imiti ya SIDA itarebeye ku basirikare barinda uyirwaye

Yanditswe Jun, 23 2016 10:07 AM | 3,291 Views



U Rwanda rugiye gushyiraho gahunda nshya yo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera sida, hatitawe ku mubare w'abasirikari uyifite asigaranye mu mubiri, kugira ngo atangire imiti agifite imbaraga. 

Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima RBC kivuga ko iyi gahunda izatangira gushyirwa mu bikorwa mu kwezi gutaha, izarinda abantu kuzahazwa na virus itera Sida.

Iyi gahunda nshya ije yunganira uburyo bwari busanzwe aho umuntu ufite virusi itera Sida yatangiraga gufata imiti igabanya ubukana hagendewe ku kuba abasirikare b'umubiri batangiye gucika intege.

Kuri ubu gufata imiti bitangira umuntu abasirikare be bagifite ubudahangarwa kugira ngo agumane imbaraga. Gusa bamwe mu baturage bavuga ko hari bamwe bagifite imyumvire yo kutipimisha ngo bamenye uko bahagaze ndetse abandi bagatinya gufata imiti igabanya ubukana.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Intego y'ubutabera si uguheza abantu muri gereza-Abanyamategeko

Bumwe mu butumwa bwatanzwe n'abahawe inshingano nshya muri Guverinoma

Ibikubiye mu ibaruwa Rusesabagina yandikiye umukuru w'Igihugu asaba imbabaz

Mu Rwanda hatangiye kubera imikino ihuza abapolisi bo mu karere - Amafoto

Rwanda - UK: Hatangijwe umushinga wo kubaka inzu 1500 zizatuzwamo abimukira batu

Amasomo ashaririye u Rwanda rwanyuzemo yabaye ishingiro ry’iterambere-Pere

Abofisiye 24 ba RDF batangiye guhabwa amasomo abategurira kujya mu butumwa bwa L

Amagare: Perezida Kagame yakiriye umuyobozi w'ikipe ya Israel Premier Tech