AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida wa sena ya Kenya ari mu ruzinduko mu Rwanda

Yanditswe Mar, 21 2019 15:36 PM | 6,020 Views



Perezida wa sena ya Kenya, Lusaka KENNETH ari mu ruzinduko rw'iminsi 5 mu Rwanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, aherekejwe na mugenzi we w'u Rwanda,  Bernard MAKUZA, Rt. Hon. Ken Lusaka yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, aho yasobanuriwe amateka ya Jenoside yakorewe abatutsi.

Nyuma yaho, yasuye ingoro ndangamateka y'urugamba rwo guhagarika Jenoside iri mu Nteko Ishinga Amategeko.

Rt. Hon. Ken Lusaka yavuze ko biteye agahinda uburyo abantu bazize ubwoko bwabo akemeza ko kugira ngo umuntu asobanukirwe neza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi agomba gusura urwibutso.

Avuga ko nk'umuyobozi, agomba guharanira ko nta handi ku Isi Jenoside ikwiye kongera kuba, bakarwanya ikiyiganishaho cyose.

Avuga kandi ko abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bakwiye gushakishwa aho bari hose ku Isi bagahanwa.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #