AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

Perezida Tshisekedi wa DRC arateganya gukorera uruzinduko i Kigali

Yanditswe Mar, 13 2019 10:45 AM | 5,053 Views



Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, arateganya gukorera uruzinduko i Kigali mu Rwanda, nk'uko byemezwa na Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr. Richard Sezibera.

Tshisekedi biteganyijwe ko azitabira inama ya African CEO izabera i Kigali muri uku kwezi kwa Werurwe.
Uru ruzinduko rubaye nyuma y'uko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye, kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Werurwe 2019 Umuyobozi w'Ibiro by'Umukuru w'Igihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya  Congo Vital Kamerhe, bagirana ibiganiro byibanze ku kunoza umubano w’ibihugu byombi.

Nyuma y'uru ruzinduko hatangajwe icyifuzo cya Perezida Tshisekedi mu gutanga ubufasha mu kugarura amahoro arambye mu burasirazuba bw'igihugu.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu