Yanditswe Mar, 13 2019 10:45 AM | 5,053 Views
Perezida wa Repubulika
Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, arateganya gukorera uruzinduko
i Kigali mu Rwanda, nk'uko byemezwa na Ministiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr.
Richard Sezibera.
Tshisekedi biteganyijwe ko
azitabira inama ya African CEO izabera i Kigali muri uku kwezi kwa Werurwe.
Uru ruzinduko rubaye nyuma y'uko Perezida wa
Repubulika Paul Kagame yakiriye, kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Werurwe 2019
Umuyobozi w'Ibiro by'Umukuru w'Igihugu cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo Vital Kamerhe, bagirana ibiganiro byibanze ku kunoza umubano w’ibihugu byombi.
Nyuma y'uru ruzinduko hatangajwe icyifuzo cya Perezida Tshisekedi mu gutanga ubufasha mu kugarura amahoro arambye mu burasirazuba bw'igihugu.
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru