AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame yashoje urugendo yagiriraga muri Angola

Yanditswe Mar, 22 2019 14:20 PM | 6,072 Views



Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashoje urugendo rw’iminsi 2 yagiriraga mu gihugu cya Angola; we na mugenzi we Perezida João Lourenço bagirana ikiganiro n’itangazamakuru, kuri uyu wa Kane tariki 21 Werurwe 2016.

Perezida Kagame yavuze ko hari ibintu byinshi by’amateka, umuco n’imitekerereze bihuza ibihugu byombi.

Umukuru w’igihugu yavuze ku bijyanye n’impinduka, avuga ko zishobora kugerwaho binyuze mu gushora imari ku mpande zombi.

Muri iki kiganiro n’itangazamakuru, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagize ati “Mu bijyanye no guteza imbere imibanire hagati ya Angola n’u Rwanda; twaganiriye aho tubona dushobora kugirana ubufatanye tukaba twakigananaho hagati yacu, mu byiciro byose.”

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Angola kuwa Kabiri.

Ibihugu byombi, umwaka ushize byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu bijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere aho RwandAir na Angola National Airline TAAG zikora ingendo zisaga 7 buri cyumweru mu bihugu byombi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage