Yanditswe Mar, 22 2019 14:20 PM | 6,072 Views
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashoje
urugendo rw’iminsi 2 yagiriraga mu gihugu cya Angola; we na mugenzi we
Perezida João Lourenço bagirana ikiganiro n’itangazamakuru, kuri uyu wa Kane
tariki 21 Werurwe 2016.
Perezida Kagame yavuze ko hari ibintu byinshi by’amateka, umuco n’imitekerereze bihuza ibihugu byombi.
Umukuru w’igihugu yavuze ku bijyanye n’impinduka, avuga ko zishobora kugerwaho binyuze mu gushora imari ku mpande zombi.
Muri iki kiganiro n’itangazamakuru, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yagize ati “Mu bijyanye no guteza imbere imibanire hagati ya Angola n’u Rwanda; twaganiriye aho tubona dushobora kugirana ubufatanye tukaba twakigananaho hagati yacu, mu byiciro byose.”
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Angola kuwa Kabiri.
Ibihugu byombi, umwaka ushize byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu bijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere aho RwandAir na Angola National Airline TAAG zikora ingendo zisaga 7 buri cyumweru mu bihugu byombi.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru