Yanditswe Nov, 18 2016 18:05 PM
1,629 Views
Prezida wa republika yitabiriye umuhango w'irahira ry'abadepite batatu aribo Karinijabo Barthelemy, Mukamana Elizabeth na Bitunguramye Diogene.
Prezida wa republika yasabye abadepite bamaze kurahira ko bagomba gukorera igihugu kandi ko baje basanga abandi bafite inshingano buzuza neza. kubw'ibyo ko abamaze kurahira, imirimo barahiriye ari iyongera imbaraga kugira ngo igihugu gikomeze gitere imbere, haba mu bukungu, imiyoborere, umutekano nibindi. cyane ko u rwanda rukomeje kuza mu myanya y'imbere.
umukuru w'igihugu yagarageje ko inshingano z'abayobozi ari ugukomeza kurushaho gukora neza bakomeza intambwe ijya imbere.
Prezida Kagame yavuze ko hakiri urugendo kugira ngo intego u Rwanda rwiha ruzigereho. yongeye kubibutsa ko gukora kw'abayobozi ari ukwikorera kandi bakora ibintu birambye.
Perezida wa republika Paul Kagame na Madamu we, Jeannette Kagame bari i Marrakesh muri Maroc aho bit ...
Nov 15, 2016
Soma inkuru
I Kigali hatangiye inama y'inteko rusange y'ikigo mpuzamahanga giteza imbere ubumenyi ihur ...
Nov 14, 2016
Soma inkuru
President wa Republika Paul Kagame abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yashimiye Donald Trump wats ...
Nov 09, 2016
Soma inkuru
Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 umuryango Unity Club umaze ushinzwe, Perezida wa ...
Nov 05, 2016
Soma inkuru
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yagarutse mu gihugu nyuma y'uruzinduko yari ...
Oct 30, 2016
Soma inkuru
perezida wa republika Paul Kagame uri mu ruzinduko Maputo muri Mozambique, yunamiye intwari z'i ...
Oct 25, 2016
Soma inkuru