Yanditswe Feb, 15 2019 19:33 PM | 14,949 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragarije abatuye isi ko mu gihe kitageze ku mwaka umwe ,U Rwanda rwongereye 30% ku bushozi bwo kwitegura guhangana n’indwara ya Ebola ndetse rugahsimangira imyitozo ngiro igaragaza ko igihugu cyakitwara mu gihe iki cyorezo cyaba cyadutse.
Mu nama mpuzamahanga isuzuma ibijyanye n'amahoro n'umutekano mu isi ibera mu Budage, inama izwi nka '' Munich Security Conference'',Umukuru w'igihugu yanashimangiye uruhare rw’abajyanama b’ubuzima mu guteza imbere serivisi z’ubuzima mu gihugu.
Inkuru irambuye na Jean Pierre Kagabo
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru