Yanditswe Nov, 01 2017 14:06 PM | 5,618 Views
Perezida wa Republika Paul Kagame, ari i Dubai mu bihugu
byiyunze by'abarabu, aho yitabiriye ibiganiro bihuje abakuru b'ibihugu ku
bucuruzi Afrika ikorana n'indi migabane y'isi.
Mu kiganiro yatangiye muri iri huriro, Perezida Paul Kagame yagarutse ku miyoborere aho yasobanuye ko iyo abaturage biyumva mu byo ubuyobozi bubagezaho iyo miyoborere iba inoze.
Yagaragaje ko amateka agaragaza ko Afrika yaciwemo ibice bituma
idatera imbere uko bikwiriye.
Iki kiganiro cyayobowe n'umunyamakuru wa CNN John Defterios cyibanze no ku kwihuza kw'ibihugu bihereye mu turere biherereyemo. Nyuma yacyo perezida Kagame yanasuye imurika ry'ibikoresho bijyanye n'imyigishirize izaba igezweho mu mwaka w'2020.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru