AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Perezida Kagame yitabiriye inama ku bukungu ya 'Global Business Forum' I Dubai

Yanditswe Nov, 01 2017 14:06 PM | 5,618 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame, ari i Dubai mu bihugu byiyunze by'abarabu, aho yitabiriye ibiganiro bihuje abakuru b'ibihugu ku bucuruzi Afrika ikorana n'indi migabane y'isi.

Mu kiganiro yatangiye muri iri huriro, Perezida Paul Kagame yagarutse ku miyoborere aho yasobanuye ko iyo abaturage biyumva mu byo ubuyobozi bubagezaho iyo miyoborere iba inoze.

Yagaragaje ko amateka agaragaza ko Afrika yaciwemo ibice bituma idatera imbere uko bikwiriye.

Iki kiganiro cyayobowe n'umunyamakuru wa CNN John Defterios cyibanze no ku kwihuza kw'ibihugu bihereye mu turere biherereyemo. Nyuma yacyo perezida Kagame yanasuye imurika ry'ibikoresho bijyanye n'imyigishirize izaba igezweho mu mwaka w'2020.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama