AGEZWEHO

  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...
  • Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda? – Soma inkuru...

Perezida Kagame yishimiye ko Sudani y\'Amajyepfo yinjiye muri EAC

Yanditswe Mar, 03 2016 13:09 PM | 3,772 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inama y'abakuru b'ibihugu bigize umuryango wa Afurika y'iburasirazuba yabaye ku nshuro ya 17 kuri uyu wa gatatu mu mujyi wa Arusha muri Tanzania.

Perezida Kagame, yatangaje ko yishimiye ko Sudani y'Amajyepfo yinjiye muri uyu muryango, anavuga ko hategerejwe kugaragara ishyirwa mu bikorwa ry'ibiba byavugiwe mu nama nk'izi zikorwa

Murebe inkuru hano:




Sergio Karim

We warmly welcome them in the revolutionary and ambitious community which, at their highest potentialities are competing for making Africa a better place for everybody. Mar 03, 2016


Mutangana Venant

imana ishimwe yo yatwihereye president mwiza kuko amanama nkaya agaragaza ubudahangarwa aba afite muri bagenzibe kandi byubahisha abo afite munshingano. kuko iyo akomeje kwongera umubano mubindi bihugu nitwe aba yagururira imbago. imana imuhe gukomereza aho yongere ingendo adushakira amahoro numudendezo natwe nkurubyiruko ntituzamutererana. Jun 21, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama