AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Perezida Kagame yifatanyije na Unity Club kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 imaze

Yanditswe Nov, 05 2016 23:56 PM | 2,398 Views



Mu birori byo kwizihiza isabukuru y'imyaka 20 umuryango Unity Club umaze ushinzwe, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimiye uyu muryango kuba ku isonga mu kwimakaza ubumwe mu banyarwanda ashimangira ko ubwo bumwe ariyo nzira iganisha igihugu mu cyerekezo kizima.

Madamu wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame washinze akaba ari nawe uyobora umuryango Unity Club Intwararumuri ni umwe mu bakase iyo 'gateau' imbere y'imbaga y'abantu amagana bitabiriye ibi birori bari barimo n'Umukuru w'igihugu.

Mu ijambo yavugiye muri ibi birori byari byitabiriwe n'abanyamuryango ba Unity Club n'abandi bayobozi mu nzego zitandukanye.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko kubura ubumwe aribyo byagejeje igihugu  mu icuraburindi rya Jenoside yakorewe Abatutsi  kandi ashimangira ko abanyarwanda badakwiye kurangara ngo ubu bumwe bumaze kubakwa bube bwabaca mu myanya y'intoki.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira