Yanditswe Sep, 26 2022 19:35 PM | 114,880 Views
Kuri
uyu wa Mbere, Perezida Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda,
yazamuye mu ntera Major General Innocent Kabandana, amuha ipeti rya Lt.
General.
Azamuwe mu ntera nyuma yo kuva mu butumwa mu gihugu cya Mozambique, aho yari afite inshingano zo guhuza ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa mu Ntara ya Cabo Delgado.
Kugeza ubu umwaka urashize inzego z’umutekano z’u Rwanda zihinduye isura y’Intara ya Cabo Delgado, nyamara yari yarahindutse indiri y’ibyihebe byari byarigaruriye ibice byinshi by’iyi ntara kuva muri 2017.
Kuri ubu abagera ku bihumbi 130 bamaze gusubira mu byabo, baratuye ndetse baratuje.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru