AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

Perezida Kagame yategetse ko ibendera ry'Igihugu n'irya EAC yurutswa akagezwa hagati mu rwego rwo kunamira Perezida Nkurunziza

Yanditswe Jun, 13 2020 07:12 AM | 14,868 Views



Mu rwego rwo kwifatanya na Guverinoma n'Abavandimwe b'Igihugu cy'abaturanyi cy'u Burundi mu kunamira uwari Umukuru w'icyo Gihugu Nyakubahwa Petero NKURUNZIZA; 

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Nyakubahwa Paul KAGAME, yategetse ko Ibendera ry'u Rwanda n'iry'Umuryango w'Afurika y'Iburasirazuba, ari mu Rwanda, yururutswa kugeza hagati, uhereye tariki ya 13 Kamena 2020 kugeza igihe Nyakwigendera Perezida Petero NKURUNZIZA azashyingurirwa. 

Dukomeje kwifatanya n'Abarundi bose n'umuryango wa Nyakwigendera muri iki gihe cy'akababaro. 

Bikorewe i Kigali, ku wa 13 Kamena 2020.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura