AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame yasabye urubyiruko gufata iya mbere mu guteza imbere Igihugu

Yanditswe Aug, 15 2019 10:13 AM | 5,072 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame arasaba urubyiruko gufata iya mbere mu guteza imbere Igihugu ariko bihereyeho ubwabo.Umukuru wígihugu yabivugiye mu kiganiro yahaye urubyiruko basaga ibihumbi bitatu mu muhanga uzwi nka Meet The President wabereye i Kigali kuri uyu wa Gatatu.

Mu kiganiro yahaye uru rubyiruko cyari cyabanjirijwe n’ibiganiro byatanzwe n'abayobozi batandukanye ndetse n'urubyiruko ubwabo bagaragariza Umukuru  w'Igihugu ku byo bamaze kwigezaho mu nzego zitandukanye z'iterambere cyane cyane imishinga bikoreye ubwabo igamije kubateza imbere ndetse n'Igihugu muri rusange.

Aha Umukuru w'Igihugu yabwiye urubyiruko ari bo nkingi ya mwamba y'Iterambere ry'Igihugu.

Urubyiruko rugize 60% by’Abanyarwanda bose muri rusange. Ku mugabane wa Afurika mu mwaka wa 2040 ruzaba rusaga miliyari 2. Hari ikizere ko uru rubyiruko n’urundi hirya no hino mu gihugu rukurikije impanuro rwahawe u Rwanda na Afurika muri rusange byagera ku iterambere ryifuzwa.

Eugene UWIMANA




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura