AGEZWEHO

  • Amerika yakebuwe ku kwinangira gukoresha imvugo nyayo ya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...
  • RIB yafunze abantu 39 bakurikiranweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame yasabye abitabiriye inama ya YPOED gushora imari mu Rwanda

Yanditswe Mar, 07 2019 08:11 AM | 12,488 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari mu ruzinduko mu gihugu cya Afurika y'Epfo aho yitabiriye inama y'ihuriro ry'abayobozi b'ibigo by'ishoramari bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi Young President Organisation. Mu kiganiro yatanze, umukuru w'igihugu yashishikarije abitabiriye iryo huriro kuza mu Rwanda bakahashora imari yabo mu mutuzo  kandi batekanye.






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid

Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yakiriye Minisitiri w'Ibikorwaremezo m

Guverineri Mugabowagahunde yasabye Abayisilamu gukomeza kwitabira ibikorwa byo #