AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye abantu 26 bo mu muryango w'abayobozi bakiri bato

Yanditswe Aug, 03 2022 18:05 PM | 66,151 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abagera kuri 26 babarizwa mu Muryango w’Abayobozi bakiri bato (Young Presidents’ Organization), bagiriye uruzinduko mu Rwanda.

Izi ntumwa ziri muri gahunda y’ingendo zikorera mu bihugu icyenda bifite umwihariko, bagahura n’abayobozi b’ibigo by’ubucuruzi byo muri ibyo bihugu.

Umuryango YPO ugizwe n’abanyamuryango bagera ku bihumbi 30 baturuka mu bihugu 130 byo ku Isi, bafite intego yo kuzana impinduka mu mibereho n’ubucuruzi mu batuye isi.

YPO yashinzwe mu 1950 i Rochester, muri New York, n’umunyanganda Ray Hickok, wari ufite imyaka 27 ubwo yabaga umuyobozi wa sosiyete yitwa Hickok Belt ifite icyicaro i Rochester, ikaba yari ifite  abakozi 300.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira