Yanditswe Aug, 03 2022 18:05 PM | 66,151 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abagera kuri 26 babarizwa mu Muryango w’Abayobozi bakiri bato (Young Presidents’ Organization), bagiriye uruzinduko mu Rwanda.
Izi ntumwa ziri muri gahunda y’ingendo zikorera mu bihugu icyenda bifite umwihariko, bagahura n’abayobozi b’ibigo by’ubucuruzi byo muri ibyo bihugu.
Umuryango YPO ugizwe n’abanyamuryango bagera ku bihumbi 30 baturuka mu bihugu 130 byo ku Isi, bafite intego yo kuzana impinduka mu mibereho n’ubucuruzi mu batuye isi.
YPO yashinzwe mu 1950 i Rochester, muri New York, n’umunyanganda Ray Hickok, wari ufite imyaka 27 ubwo yabaga umuyobozi wa sosiyete yitwa Hickok Belt ifite icyicaro i Rochester, ikaba yari ifite abakozi 300.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru