AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Perezida Kagame aritabira inama ku bukungu I Davos mu Busuwisi

Yanditswe Jan, 22 2018 18:39 PM | 5,937 Views



Birateganywa ko Perezida Kagame kuri wa kabiri azitabira inama ngarukamwaka y'ihuriro ryiga ku bukungu bw’isi, ibera I Davos mu Busuwisi. Iyi nama izwi nka 'World Economic Forum' iraba iteranye ku nshuro ya 48, aho izitabirwa n’abakuru b’ibihugu babarirwa muri 70.

Abitabira iyi nama bose hamwe bo bagera ku bihumbi 3 barimo abakuru b’ibihugu, abahagarariye za leta n’abikorera, baganira ku bibazo byugarije ubukungu, umutekano muke ukomeje kwiyongera hirya no hino bikadindiza umuvuduko w’ubukungu, imihindagurikire y’ikirere, ikoranabuhanga, kwihaza mu biribwa n’ibindi.

Iyi nama y’i Davos izasozwa ku ya 26 z’uku kwezi kwa mbere.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama