Yanditswe Jan, 18 2022 19:26 PM | 27,976 Views
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Serge Pereira uyobora ikigo cyitwa Starstone, wari kumwe na Cindy Descalzi bombi bari mu Rwanda mu rwego rwo gutangiza amarushanwa akomatanya koga, gusiganwa ku magare no kwiruka.
Aya marushanwa azwi nka triathlon ariko yo bagasiganwa intera ndende ari yo mpamvu aya marushanwa yitwa Iron Man Triathlon.
Azabera mu karere ka Rubavu muri Kanama uyu mwaka.
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru