AGEZWEHO

  • Abagore bari mu nzego z'ubuyobozi n'abazihozemo muri Loni basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali – Soma inkuru...
  • Amajyaruguru: Abaturage babangamiwe n'buriganya bukorwa n'abakomisiyoneri – Soma inkuru...

Perezida KAGAME yayoboye inama y'urwego ngishwanama rwa Perezida

Yanditswe Oct, 29 2020 00:05 AM | 101,148 Views



Kuri uyu wa Gatatu, perezida wa Repubulika Paul KAGAME yayoboye inama y'urwego ngishwanama rwa perezida "Presidential Advisory Council" yibanze cyane ku ngamba zo guhangana n'ingaruka z'icyorezo cya Covid 19. Ni inama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga kubera iki cyorezo cyugarije isi yose.

Uru rwego rugizwe n'impuguke z'abanyarwanda ndetse n'abanyamahanga, aho zitanga ibitekerezo ku cyakorwa, ahanini cyafasha igihugu gukomeza gutera imbere yaba mu bukungu n'imibereho y'abaturage.






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Brig.Gen Rwivanga yasabye abiga muri RICA gusigasira ibyo u Rwanda rwagezeho

General Gatsinzi Marcel yashyinguwe

Ingabo za Congo zongeye kurasa ku butaka bw'u Rwanda

U Rwanda rwamaganye amakuru avuga ko RDF ifasha abarwanya FARDC

Abayobozi b'inzego z'ubuzima mu ngabo zo muri EAC mu nama ku bufatanye

Perezida Kagame yashimye inzego z'umutekano ku bwitange zagaragaje muri 202

RDF yatangaje ko ntaho ihuriye n'ibikorwa by'abahoze ari abarwanyi ba

Col Karuretwa yagizwe Brig General, anagirwa umuyobozi muri RDF