Yanditswe Nov, 08 2018 22:05 PM | 28,452 Views
Ministiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente, ari mu gihugu cy’Afrika y’epfo aho yitabiriye ihuriro nyafurika ku ishoramari. Ni ihuriro ryateguwe na banki nyafurika itsura amajyambere, rikaba rigomba kumara iminsi 3 riteraniye I Johannesburg muri Afurika y’Epfo.
Mu kiganiro cyatanzwe, cyateguwe na Afrika50 ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB, ministiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yashishikarije abitabiriye iri huriro gushora imari yabo mu Rwanda.
Iri huriro rigamije gushishikariza abashoramari bigenga kurushaho kurishora kuri uyu mugabane mu rwego rwo kwihutisha iterambere ryawo.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru