AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

PM Dr. Ngirente yitabiriye ihuriro nyafurika ku ishoramali muri Afurika y'Epfo

Yanditswe Nov, 08 2018 22:05 PM | 28,452 Views



Ministiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente, ari mu gihugu cy’Afrika y’epfo aho yitabiriye ihuriro nyafurika ku ishoramari. Ni ihuriro ryateguwe na banki nyafurika itsura amajyambere, rikaba rigomba kumara iminsi 3 riteraniye I Johannesburg muri Afurika y’Epfo.

Mu kiganiro cyatanzwe, cyateguwe na Afrika50 ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB, ministiri w’intebe Dr Edouard Ngirente yashishikarije abitabiriye iri huriro gushora imari yabo mu Rwanda.

Iri huriro rigamije gushishikariza abashoramari bigenga kurushaho kurishora kuri uyu mugabane mu rwego rwo kwihutisha iterambere ryawo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize