Yanditswe Apr, 28 2019 09:55 AM | 5,461 Views
Perezida wa
Sena y’u Rwanda Honorable Bernard MAKUZA arasaba Abanyarwanda gusigasira
umwimerere wabo wo kwishakamo ibisubizo. Ibi yabitangarije mu karere ka Musanze
ubwo yifatanyaga n’abaturage bo mu murenge wa Gacaca mu gikorwa cy’umuganda
ngarukakwezi wo gusoza ukwezi kwa Kane.
Muri uyu muganda abaturage bo mu kagari ka Gasakuza bahanze umuhanda w’ibirometero bitatu n’igice, uhuza ibice binyuranye byo mu mudugudu wa Nyamugari.
Ni umuhanda ugiye gufasha abatuye iki gice kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kuko ariwo uzacishwamo ibikoresho by’amapoto na transformateur.
Abaturage bitabiriye ku bwinshi uyu muganda bagaragaza ko umuriro w’amashanyarazi bari bawunyotewe cyane.
Inkuru ya Pio MBARUSHIMANA
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Bugesera: Abaturage basaga ibihumbi 40 bahawe amazi meza
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Leta yatangiye kubarura inyubako zayo zidakorerwamo kugira ngo zibyazwe umusaruro
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Asaga miliyari 417 Frw yashyizwe muri gahunda zo gufasha abarokotse Jenoside mu myaka 30
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Haba hari umuti urambye wa gatanya zishingiye ku mitungo?
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu ba Kaminuza ya Stanford
Mar 26, 2024
Soma inkuru