AGEZWEHO

  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...
  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...

PEREZIDA WA KENYA UHURU KENYATTA YAJE MU RWANDA MURI TAS2019

Yanditswe May, 15 2019 11:51 AM | 7,275 Views



Perezida w'Igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta yageze i Kigali mu Rwanda; aho yitabiriye inama ya #TAS2019; kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Gicurasi 2019.


Ku kibuga cy'Indege i Kanombe, Perezida wa Kenya @UhuruKenyatta yakiriwe na Minisitiri Dr. Richard Sezibera, Mayor w'Umujyi wa Kigali, Umugaba w'ingabo zirwanira ku butaka, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda n'abandi bayobozi.


Inama ya TAS2019 iza gutangizwa ku kugaragaro na Perezida Paul Kagame. Biteganijwe ko abandi bakuru b'ibihugu bahari ari bo Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya na Perezida Ibrahim Boubacar Keita wa Mali bagira icyo bavuga muri iyi nama.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura