Yanditswe Apr, 20 2016 19:19 PM | 6,582 Views
Umusore Twahirwa
Dieudonne nyuma yo kwiga kaminuza, yagiye mu buhinzi. Kuri ubu arahinga
urusenda kuri ha ebyiri i Gashora mu Bugesera aho arimo gukoresha abakozi
basaga 20.
Twahirwa
Dieudonne unazwi ku izina rya Diego, uwamubona yigendera ku igare rye rya sport
wagira ngo ni umusore witemberera mu
mirambi ya Gashora. Ntabwo ari sport gusa, ahubwo iryo gare ni irimufasha kugera ku mirima ye y'urusenda iri ku kiyaga
cya Mirayi.
Mu gihe hari ababa bafite impungenge z’ ikirere cya Bugesera kirangwa n'imihindagurikire y'ikirere, izuba ryishyi , kuri Twahirwa ngo ni ikirere kiza gituma imboga ndetse n'imbuto byera vuba. Ikindi ngo kubera ibiyaga uvomerera igihe cyose areza by’umwihariko mu mpeshyi akabona isoko
Twahirwa, umusore
w’imyaka 28 y’amavuko afite icyerecyezo cyo kwagura ubuhinzi bwe bw'urusenda haba mu bwinshi ndetse no mu
bwiza akajya yohereza urusenda mu
mahanga dore ko ngo yamaze kubona isoko rutaramera.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Manzi Adeodate
Nanjye ndi umwe mu bahinzi babigize umwuga; gusa uyu musore akwiye kubera abandi urugero,ariko bigiye biba byiza mwajya muduha full contacts kugirango n'abakeneye gukora ingendoshuri babone uko bamugeraho. Diego abashije kubona ino comment namwisabira ko yampa full adress ze kuri madeodate2000@yahoo.fr bityo namuhuza n'urundi rubyiruko rwayobotse umurimo nk'uwe bityo tukabasha kwiteza imbere.Murakoze Jun 15, 2016