AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Nyarugenge: Uburyo RTLM yicishije abari bahungiye muri Mpazi

Yanditswe Apr, 18 2016 09:59 AM | 4,173 Views



Abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu mirenge ya Kimisagara na Gitega baturiye Ruhurura ya Mpazi n'igice cya Nyabugogo bavuga ko mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi Radio RTLM iri mu byatumye benshi mu batusi bari bihishe kuri iyi ruhurura bicwa ku abanyamakuru b'iyi radio barangiraga abicanyi aho abantu bihishe.

Bimwe mu binyamakuru birimo Radio television de Mille Colline (RTLM) ni imwe muri radio,bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w'1994 bari batuye mu murenge wa Kimisagara n'umurenge wa Gitega batazibagirwa. Uretse kuba yaragize uruhare mu guhembera urwango hagati y'abahutu n'abatutsi, ngo mu gihe cya jenoside yagira ubutumwa buranga aho abatutsi bihishe, ari nako byagendekeye abari bihishe muri Ruhurura ya Mpazi n'ibindi bice bya Nyabugogo.

Muri iyi mirenge abatutsi basaga ibihumbi 25 barishwe, imodoka zikajya ziza gutwara imirambo zijyana mu mugezi wa Nyabarongo. Abaturage bo muri iyi mirenge itandukanye banenga bamwe mu bagikomeje kurangwa n'ingengabitekerezo ya Jenoside, kuko mu cyumweru cy'icyunamo abaturage 3 bo mu murenge wa Gitega na 4 bo muri Kimisagara bagaragaweho n'ingengabitekerezo ya Jenoside.

Inkuru irambuye mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize